Love s2e13 final

 

LOVE'S LIES
Season 2
Episode 14 (Final )
Writer @EDOUARD SAFARI
Web :  eddyseries4all.blogspot.com
Whatsapp +255759114520
πŸ’₯πŸ’₯πŸ’₯πŸ’₯πŸ’₯πŸ’’πŸ’’πŸ’’πŸ’₯πŸ’₯πŸ’₯

Episode yarangiye Yvan agiye guhura n'umusaza Bahe gusa twari twamenye ko kari agatego ko kugira barangize Yvan,
Ese ninde uzatsinda?
Twikomereze......
.
..
.
.
Dutangiriye mukibanza cyo guhuriramo ,
Yvan niwe wahageze ubwambere Bahe aza munyuma ahamusanga arikumwe na Aline ,
Bahe"amakuru y'iminsi musore?"
Yvan"ndaho nubwo ntabikesha wowe "
Kumbe uko bahuye bavugana cedric kuri indi etage niho yamaze kuba install n'imbunda ya mudahusha mbese atangiye no gufata igipimo ....
Yvan nawe atazi ikijya mbere ati"Alinenawe wizanye kweli uzi nibyo dupfa?"
Aline"yvan ntabwo ndi ngaha gukina nawe ,Vugana na Bahe ubundi dusoznye"
Yvan"urkeka naje kuvugana namwe ?Ntakintu tuvugana ahubwo itegure gupfa kandi mwese"
Bahe araseka arangije ati"nge ndi mastermind ntabwo nari bukwitege ntiteguye.
Ahubwo itegure gupfa ari wowe "
Yihuse ahita amutunga imbunda gusa Yvan aho kwikanga araseka cyane ati"Kera unkoresha wabonaga noroshe ariko imisi wanyishe simpfe nari kwishuri.
Banza witabe phone yinjiye iwawe"
Akivuga atyo phone ya bahe ihita isona koko πŸ“ž
Bahe arikanga gusa Yvan ati"urikanze ?itaba  gusa atungurwa n'amakuru abwiwe maze n'umujinya ati"wamujinga we, ibi niki wakoze ??"
.
..
.
.
Yvan"Urikanze ?
Wampemukiye ukeka ko nawe utazashikirwa ? Ubu tuvugana company zawe zose uko ari 3 Ziri gushya kandi nubwo yaba indege ntabwo yatabara.
Uriyumva gute ?"
Bahe n uburakari ahita arasa gusa Yvan azamura akaboko haza shield amasasu ntiyatobora !!
Yvan"urikanze na none ?Ubu ntabwo nkiri wawundi upfa byoroshe.
Ngufitiye indi surprise.
#BLENDA igaragaze "
Akivuga atyo hari robot yahise ihagera isa neza nkazankweto yabanza gukora mbere iraparika!
ihageze ihita yifungura havamo Cedric yakubiswe ihita imufatira inkota kwizosi Umusaza na Aline barikanga !!
.
..
.
.
ESE IZI PLAN ZAGENZE GUTE ?
mucyumweru cyari gishize Yvan yari yabanje kubonana na HSA ibyo baganiriye ntitubizi gusa avuyeyo nibwo bahakinga uzindi data zayandi ma company  ndetse Yvan yaje noneho azi gukoresha neza imbaraga z'ubwonko bwe arinabwo yakora iyi Suit izanye Cedric,
Cedric nawe ubwo yafataga igipimo ngo yice Yvan nibwo suit yahagera ivuga iramukubise arwa kuruhande iba aramufashe ihita imwiyambika.
Mbese kuva Yvan yahagera byose yabibona cyane ko ubu ameze nka Computer ntabwo akiri umuntu usanzwe!!!!
.
..
.
.
Bahe yabaye nkusara arasa amasasu menshi ariko ntacyo yari bumare kuko Yvan yari yaje yiteguye bihagije,
Yvan"Reka gusesa amasasu yawe kuko ntari nasoza kwihorera.
Blenda rangiza umuntu"
Akivuga atyo suit ihita ikata ingoto ya Cedric aba arangiye uko !
Bahe umujinya waramuriye ntacyo gukora mugihe yvan yarimo aseka ati"Abagizi banbi iyo mubikorewe mubabara kurusha inzirakarengane mwarenganije.
Cyagihe wica umukunzi wanjye ,ukica inshuti zanjye nabari hafi yanjye wakekaga ko biryoshye ?Ubu nicyo gihe nawe ngo ngusoze "
Arangije yavuyeyo aza yegera umusaza amutunga imbunda muruhanga indi aline muruhanga !!
Ntagutinza ati"Bahe tuzahure mubundi buzima warahindutse utakiri umwanzi wanjye"
Akurura imbarutso umusaza aba aciyeho!!
Aline ubwoba buramufata nawe ahindukiruwe !!!
.
..
..
.
Aline ashikiriwe Yvan ati"wowe ntabwo nakurasa twarabyaranye,umwana wacu aho ari yazanshinja icyaha cyokwica mama we,
Ariko wowe wiyishe wazakwisigura imbere ye mubuzima buzaza ko wicujije ibyo wakoze"
Ashira imbunda hasi arangije arahindukira ati"irase !"
Aline wamipangu yacu ahita afata yambunda aho kwirasa ayitunga YVAN inyuma ati"wibeshye ,ngewe Aline ntabwo ndi uwo kwiyica kuko mfite byinshi byo gukora"
Akurura imbarutso Kumutwe wa Yvan nawe isasu rimunyuramo aba aciyeho uko 😭😭😭
Yvan yagiye hasi maze ya Robot ihita itangira kuvuga message yanyuma ya YVAN ,
Iti"Aline nagukunze ntacyo ntegereje kuri wowe ,ubwo ubu butumwa uri bubwumve ngewe ndaza kuba ntakiri muzima.
Nakakwishe ariko ntabyo nkoze kubwundi mwana Twabyaranye,
Uzatunge umwana wanjye neza utazongera kumera nkambere kuko ubu wize isomo ry'ubuzima"
Robot imaze kubivuga yahise yigurukira irigendera Aline asigara yikanze yibaza ibyakoze mukwica Yvan ,
Umwana we nawe yahise aza yiruka ahobera nyina gusa arebye hasi abona Yvan hasi ati"mama kuki wishe papa ?"
Aline"uyu uramuzi ?"
Umwana"ni papa ,mbese ninawe wantabaye babantu babi arankiza"
Aline byaramucanze  ahita asakuza cyane ariko icyo yakora cyose ntabwo Yvan yari kugaruka!!!
Ako kanya polisi yahise yinjira Aline arafatwa baramujana basiga ikiziga cya Yvan aho ndetse n'umwana asigarana na polisi !!
Yagiye areba inyuma ariko burya isi twiruka kuriyo ariko ntawuzaronka kubera ahemutse ngo agire iherezo ryiza usibye kwisanga byose byarabaye ubusa !!!
.
..
.
.
Ahabereye byose na NIKITA yaje kuhagera asanga bari gusohora ibiziga,
Arebye neza mubo basohora yabonyemo na Yvan yapfuye !!!!😭
Ntabwo yigeze abyiyumvisha ahubwo yahise afukama ati"kuk koko wabikoze ?"
Yatangiye kwibuka kera Yvan agikora nka Cedric uburyo bahuye,ibihe byiza bagiranye none akaba ubu tuvugana ari umupfu atanabasha kuvuga!!
Gusa nyine agapfuye kabazwa ivu ntanicyo yari buhindure cyane ko yari destiny ye.
Aline bamukatiye umunyururu wo guherayo mugihe NIKITA we yagiye kurera umwana we wenyine REVANGE ndeyse n'Inzika zishira uko !!!.........END
.
.
MWARAKOZE KUBANA NATWE MURI IYI NKURU.
TWAHUYE NA BYINSHI BITUDINDIZA CYANE KO NUBUZIMA BUBA BUKNEWE BITUMA INKURU ITINDA,ARIKO TURI GUKORA IBISHOBOKA NGO TUNAGURE.

ABASHAKA GUKORANA NATWE CYANGWA KWAMAMAZA IBIKORWA BYANYU MWATWANDIKIRA KURI WHATSAPP+255759114520

DUHURE MURI #HSA IKURIKIRA NDABAKUBDAπŸ™πŸ™πŸ™

Comments